Inzira y’Urukundo – Niyo Nzira y’Ikirenga! (Pasitori Anita )

 

“Ngiri itegeko ryanjye: mukundane nk’uko nabakunze” (Yohana 15:12).

 


Hariho itandukaniro rikomeye hagati yo kumva umuntu akujyamo no kumukunda. Imana idutegeka gukunda abantu bose, ndetse n’abo wakumva batakujyamo; kandi nta muntu wagombye kumva atakujyamo. Kumva ko umuntu akujyamo (umwishimiye) cyangwa atakujyamo ni imirimo ya kamere kandi ntabwo wagombye kugira imibanire ushingira kuri icyo. Ni nk’igihe wavuga uti “umukuru w’igihugu cyanjye numva anjyamo cyane.” Ibyo ni byiza, ariko ni ibya kamere, bityo rero Imana nta cyubahiro ibiha; kandi kubera ko ari ibya kamere, biba binashoboka ko umunsi umwe, kubera impamvu runaka, ushobora kumva atakikujyamo.


Rimwe na rimwe, twishimira cyangwa ntitwishimire abantu cyangwa ibintu nta mpamvu igaragara ihari. Iyo niyo mpamvu umukozi mushya ashobora kutishimirwa na bagenzi be, uhereye ku munsi wa mbere yinjira mu biro. Bishobora kuba ari ikintu yavuze – ikintu ubusanzwe kitakagombye kugira uwo kirakaza – maze mugenzi we akacyumva agatangira kumva atamujyamo. Kubaho gutyo ni ukugengwa n’umubiri cyangwa kamere, kandi niyo soko yo gucikamo ibice no gutonesha bamwe bigaragara mu miryango, mu dutsiko runaka cyangwa mu bantu muri rusange.


Icyo Imana yifuza ku bana bayo ni uko barenga iyi mitekerereze ya kamere yo kwakirana. Ishaka ko ukunda abantu atari ukubera ko bakubereye abantu beza cyangwa bakugiraho umutima mwiza, ahubwo kubera ko yadusabye gukunda bose. Ishaka ko uhitamo inzira y’urukundo! Nubikora, amarangamutima yawe azafata umurongo w’Ijambo ry’Imana kandi uzasanga ushobora gukunda urukundo rudafite icyo rukurikiye. Hazabaho impinduka mu mibanire yawe n’abandi, kandi abantu bazashakisha kukwegera kuko urukundo rw’Imana rubakoraho binyuze muri wowe.


Isengesho Data mwiza, urakoze kumfasha kubona binyuze mu maso yawe y’urukundo uburyo abantu bose ari ab’agaciro. Uyu munsi mpisemo kubana n’abandi kandi nkabakunda nshingiye ku rukundo rw’Imana, nkunda abankikije bose nk’uko wankunze, mu Izina rya Yesu. Amen.

Gucengera Ijambo:

2 Abakorinto 5:16

1 Yohana 2:7-11

 

Tanga igitekerezo cyawe


Security code
Refresh

Soma Ijambo ry`umunsi


KUBANA N’UMWUKA WERA (Pastor Chris)
  “Ubuntu bw’Umwami wacu Yesu Kristo, n’urukundo rw’Imana, no kubana n’Umwuka Wera bibane namwe mwese” (2 Abakorinto 13:14). Uyu murongo uratwereka icyo tubasha kubona ku Mana Data (urukundo rw’Imana), icyo tubasha kubona kuri Yesu (ubuntu bwa Yesu Kristo), ndetse n’icyo tubasha...Soma Ibikurikira
Fata Inshingano (Paistori Chris)
“Dore mutanzeho umugabo wo guhamiriza amahanga, akaba umwami w’amoko n’umugaba wayo” (Yesaya 55:4).   Ubuyobozi ni ugufata inshingano. Muri make, inshingano bisobanura ubushobozi bwo gusubiza. “Ubushobozi” hano tuvuga ntabwo ari mu mbaraga, ahubwo ni ubutware cyangwa se ubushake bwo gusubiza....Soma Ibikurikira
Ntiwangize Amahirwe Yawe Yo Kuzamurwa Mu Ntera (Pasitori Chris)
“Nugamburura mu makuba, gukomera kwawe kuba kubaye ubusa” (Imigani 24:10). Gucika intege cyangwa gucogora mu gihe cy’amakuba ni ukwangiza amahirwe yawe yo kuzamurwa mu ntera. Yakobo 1:2 hagira hati, “Bene Data, mwemere ko ari iby’ibyishimo rwose nimugubwa gitumo n’bibagerageza bitari bimwe.” Kuki I...Soma Ibikurikira
Intsinzi Y’Igitambo Cya Kristo(Pasitori Anita)
“Dutegereje ibyiringiro by’umugisha, ari byo kuzaboneka k’ubwiza bwa Yesu Kristo, ari we Mana yacu ikomeye n’Umukiza watwitangiye kugira ngo aducungure mu bugome bwose, kandi yuhagirire abantu kugira ngo babe ubwoko bwe bwite, bugira ishyaka ry’imirimo myiza” (Tito 2:13-14). Hari abantu mu bujiji usa...Soma Ibikurikira
Anga Gucika Intege!(Pasitori Chris)
“Maze kuko ubugome buzagwira, urukundo rwa benshi ruzakonja” (Matayo 24:12). Iyo igihugu cyangwa agace runaka kugarijwe n’imidugararo, intambara, iterabwoba n’ubugizi bwa nabi; ntabwo ari uko Satani, we ushoza ibikorwa nk’ibyo, afite imbaraga nyinshi zitaganzwa. Ahubwo, ni uko Abakristo muri utwo duc...Soma Ibikurikira
Ubushobozi Budasanzwe Bwo Kuzanisha Impinduka (Pasitori Chris)
Icyakora muzahabwa imbaraga Umwuka Wera nabamanukira… (Ibyak. 1:8). Imana yaduhaye ubuzima bw’ubwiza n’imbaraga muri Kristo Yesu. Umurongo wacu ufungura uraduha amakuru akomeye kuri ubu buzima bw’imbaraga. Uratumenyesha ko binyuze mu Mwuka Wera, twashyizwemo imbaraga zidasanzwe zo kuzanisha impinduka nzi...Soma Ibikurikira
Igice Cy’Umuzabibu Cyeraho Imbuto (Pasitori Anita )
“Ni jye muzabibu, namwe muri amashami. Uguma muri jye nanjye nkaguma muri we, uwo ni we wera imbuto nyinshi, kuko ari ntacyo mubasha gukora mutamfite” (Yohana 15:5). Ari mu nzira ava i Betaniya ajya i Yerusalemu, Umwami Yesu yarashonje maze ashaka gusoroma imbuto ku giti cy’umutini. Icyo giti cyari gishis...Soma Ibikurikira
Izina Risumba Ayandi Yose (Pasitori Chris )
“Kuko mwese ababatirijwe muri Kristo muba mwambaye Kristo” (Abagalatiya 3:27). Mu Bafilipi 2:9-10 hatubwira ko Imana yashyize ubutware bwose mu Izina rihambaye kandi ritagira irindi bihwanye rya Yesu: “Ni cyo cyatumye Imana imushyira hejuru cyane ikamuha izina risumba ayandi mazina yose,  kugira ngo ama...Soma Ibikurikira
Amategeko Yakuweho(Pasitori Chris)
Amaze gukuzaho amategeko y’iby’imihango umubiri we, kugira ngo ba babiri abarememo umuntu umwe mushya muri we ngo azane amahoro atyo (Abefeso 2:15). Umurongo wo hejuru uragaragaza neza ko Yesu yakuyeho amategeko y’iby’imihango yahawe Abayuda mu Isezerano rya Kera. Yarayasohoje maze ayakuraho. Amategek...Soma Ibikurikira
Aguha Amahoro Hamwe No Kugubwa Neza(Pasitori Anita )
“Mbasigiye Amahoro, Amahoro yanjye ndayabahaye. Icyakora simbaha nk’uko ab’isi batanga. Imitima yanyu ntihagarare kandi ntitinye.” (Yohana 14:27). Birenga ubwenge bw’umuntu usanzwe ukuntu twebwe Abakristo tubasha kuguma mu mutuzo n’ubwo habaho ingorane, ibihungabanya n’ibirushya mu isi ya none....Soma Ibikurikira
Imbaraga ku Badayimoni BOSE(Pasitori Chris )
Ahamagara abigishwa be cumi na babiri arabateranya, abaha ubushobozi n’ubutware byo gutegeka abadayimoni bose no gukiza indwara. (Luka 9:1).   Yesu yahamagaye abigishwa be arabateranya, maze abaha imbaraga n’ubutware byo gutegeka abadayimoni bose, kubirukana no gukiza indwara. Witegereze neza ijambo ...Soma Ibikurikira
Abacunguzi Baturuka I Siyoni(Pasitori Anita)
“Kandi abarokozi bazazamuka bajye ku musozi wa Siyoni gucira urubanza umusozi wa Esawu; kanid ubwami buzaba ubw’Uwiteka.” (Obadiya 1:21). Uyu munsi isi yugarijwe n’ibibazo byinshi: ukugwa kw’ubukungu, ugushyuha kw’isi, kwiyongera kw’ibiciro, ibihugu bihomba bigakenera gufashwa, iterabwoba, n’ib...Soma Ibikurikira
Haracyariho Inzira Y’Igisubizo!(Pasitori Chris )
Yesu aramubwira ati”uvuze ngo ‘niba mbishobora’? byose bishobokera uwizeye”(Mariko9:23)   Uyu murongo ni igisubizo cy’Umwami Yesu ku mugabo wari wabuze uwamufasha mu kibazo gikomeye yari afite. Umuhungu we yari yafashwe n’umudayimoni wajyaga umujugunya mu muriro no mu mazi kenshi ashakaka kumuri...Soma Ibikurikira
Umugambi W’Imana N’Umugambi Wa Kamere(Pasitori Chris)
Abo yatoranije kera yarabahamagaye; kandi abo yahamagaye yarabatsindishirije; n’abo yatsindishirije yabahaye ubwiza. (Abaroma 8:30). Hariho imigambi ibiri kuri buri muntu uvukira muri iyi si: umugambi usanzwe wa kamere n’umugambi w’Imana. Abantu benshi bisanga basohoza imigambi yabo ya kamere. Imigambi y...Soma Ibikurikira
Ukuzamuka Kwe Kwiza(Pasitori Chris )
Amaze kuvuga atyo azamurwa bakimureba, igicu kiramubakingiriza (Ibyakozwe n`intumwa 1:9). Hari ikintu gikomeye cyabaye nyuma y’ukuzuka kwa Yesu abantu benshi bakunda kutitaho kuko badasobanukirwa uburyo cyari gitangaje. Ni ukuzamurwa kwe kwiza mu ijuru. Ukuzamurwa kwe kwari ikintu gitangaje cyane ku bakubon...Soma Ibikurikira
Nturebe Imiraba!(Pasitori Anita )
Ariko abonye umuyaga ko ari mwinshi aratinya; atangiye kurengerwa, arataka ati”Databuja nkiza” (Matayo 14:30). Umunsi umwe Petero hamwe n’intumwa zindi bari mu bwato, kure mu nyanja, nuko babona umuntu uje abasanga agenda hejuru y’amazi. Intumwa zigira ubwoba zibwira ko ari umuzimu; ”Ariko uwo mwanya...Soma Ibikurikira
Koresha Igihe Cyawe Neza(Pastor Chris)
" “mucunguze uburyo umwete, kuko iminsi ari mibi”(Abefeso 5:16). Hariho ibintu mu buzima bitariho mu buryo bizahora biboneka; bifite aho birangirira. Kimwe muri ibyo ni igihe. Iga kuzigama igihe. Kurikirana igihe cyawe. Icyanditswe twafunguje kitubwira gucunguza uburyo umwete kuko iminsi ari mibi. Niba uri...Soma Ibikurikira
Ufite Icyo Watanga
“….No kwibuka amagambo Umwami Yesu yavuze ati ‘Gutanga guhesha umugisha kuruta  guhabwa” (Ibyakozwe n’Intumwa 20:35). Ndashaka kuguhinyuza uyu munsi ku binjyanye n’ubuzima hamwe n’umurimo byawe nkawe ubwawe. Ubayeho ubuzima bumeze bute? Ese uri mu isi ari ukugirango wakire ibivuye ku bandi ...Soma Ibikurikira
Ifatanye N’Abandi Mu Gusarura(Pasitori Chris)
“Maze abwira abigishwa be, ati “Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake””(Matayo 9:37). Igihe cyo gusarura gihora ari igihe cyiza ku bahinzi. Kuba barabibye, banezezwa n’umusaruro kuko kiba ari cyo gihe cyo gusarura. Si ibisanzwe kubona umuhinzi ari kurira igihe cyo gusarura. Ahubwo aba anezer...Soma Ibikurikira
Nta Gihombo Ugira Iyo Ukunda(Pasitori Anita)
“Bakundwa, ubwo Imana yadukunze ityo, natwe dukwiriye gukundana” (1 Yohana 4:11). Asubiza abigishwa igihe bamubazaga biherereye muri Matayo 24, Umwami Yesu, ku Musozi wa Elayono , yasobanuye ibimenyetso by’imperuka y’isi. Yigishije ku bintu bitandukanye bizaba bikazagaragara cyane mu gihe cy’imperuk...Soma Ibikurikira
Mbega Ubuzima! (Pasitori Chris )
“Ariko Imana ishimwe iduha kunesha ku bw’Umwami wacu Yesu Kristo” (1 Abakorinto 15:57). Igihe Imana yazuraga Yesu mu bapfuye, nawe wazuranywe na We. Ubu, wicaranijwe na Kristo, “hejuru y’ubutware bwose n’ubushobozi bwose, n’imbaraga zose, n’ubwami bwose, n’izina ryose rivugwa, uretse muri ...Soma Ibikurikira
Wishira Imbere Amafaranga!(Pasitori Chris )
“Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi;Nuko krero shaka ubwenge;Ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga”(Imigani 4:7). Kuri bamwe, gukurikirana amafaranga niko kazi k’ibanze mu buzima; ariko ikibabaje ni uko uko barushaho kuvuga ku mafaranga banayiruka inyuma, niko babona make kurushaho. Noneho rero...Soma Ibikurikira
Otsa Igitutu Satani(Pasitori Anita)
“Musenge ubudasiba”(1 Abatesalonike 5:17) Iyi mpanuro yanditse hejuru aha y’Umwuka Wera inyuze mu Ntumwa Pawulo ni iyo kugirango duhozeho kandi dushikame mu masengesho. Mu Baroma 12:12 haragira hati: “Mwishime mufite ibyiringiro mwihanganira amakuba; mukomeze gusenga mushikamye.” Inshuro nyinshi,...Soma Ibikurikira
Kuza Ubwenge Bwawe(Pasitori Chris )
“Kuko uko atekereza ku mutima,ari ko ari……”(Imigani 23:7). Umutahe uruta iyindi ukeneye si amafaranga, ni ubwenge bwawe. Abaroma 12:2 haduhugurira guhinduka mu bwenge bwacu. Ibi bisobanuye guhindura bushya ubwenge bwawe. Ibi ni ukubera ko ikintu cya mbere kandi cy’ingenzi ukeneye ngo utere imbere ar...Soma Ibikurikira
Ugukiranuka Kw’Imana Muri Wowe(Pastor Chris)
“Kuko ubwo igicumuro cy’umwe cyateye ko urupfu rwimikwa n’umwe, ni na ko abahawe ubuntu busesekaye n’impano yo gukiranuka bazarushaho kwimikanwa ubugingo n’umwe, ni we Yesu Kristo” (Abaroma 5:17). Ugukiranuka ni kamere y’Imana isobanura ubunyakuri bwayo; ubushobozi bwayo bwo gukora no kubaho mu b...Soma Ibikurikira
Ba Umuntu Watwawe N’Ijambo(Pasitori Anita)
“Ujye ugira umwete wo kwishyira Imana nk’ushimwa, umukozi udakwiriye kugira ipfunwe, ukwiriranya neza ijambo ry’ukuri ” (2 Timoteyo 2:15). Ikintu rukumbi mu buzima ugomba kugirira inzara ni Ijambo ry’Imana; Ba umuntu watwawe n’Ijambo. Abantu bamwe batwarwa n’ibintu bitari byo mu buzima; ariko k...Soma Ibikurikira
Uburyo N’Icyo Wasengera Ubwoko Bw’Imana(Pasitori Chris)
Nicyo gituma … mbashimira Imana urudaca, nkabasabira uko nsenze, kugirango Imana y’Umwami wacu Yesu Kristo, ari yo Data wa twese w’icyubahiro, ibahe umwuka w’ubwenge no guhishurirwa, bitume muyimenya; ngo amaso y’imitima yanyu abone uko ahweza, mumenye ibyo mwiringizwa n’Iyabahamagaye; mumenye n’ubutunz...Soma Ibikurikira
Kora Kandi Ufashe Abandi (Pasitori Chris)
“Uwibaga ntakongere kwiba, ahubwo akore imirimo akoreshe amaboko ibyiza, kugira ngo abone ibyo gufasha umukene” (Abefeso 4:28). Kwiba byangiza imiterere n’ubugingo by’ubikora; bimugaza ubushobozi bwe kandi bikamumaramo ubushobozi bwo guhanga. Abantu biba baba batangaza ku mugaragaro intege nke zabo no kuneshwa...Soma Ibikurikira
Ubumenyi Buturuka ku Mwuka(Pasitori Chris)
Umwuka w’umuntu ni urumuri yahawe n’Uwiteka, rusesengura ibihishwe mu mutima (Imigani 20:27). Ukuri kw’ishingiro twahishuriwe mu Ijambo ry’Imana ni uko umuntu mbere na mbere ari ikiremwa cy’umwuka, ntabwo ari ubwenge cyangwa se umubiri ufatika. Imana rero imurikira umuntu binyuze mu mwuka we; yari ya...Soma Ibikurikira
Ubutumwa Bwiza – Ibyiringiro Byonyine By’Agakiza(Pasitori Anita)
Erega ubutumwa bwiza ntibunkoza isoni: kuko ari imbaraga y’Imana ihesha uwizera wese gukizwa… (Abaroma 1:16). Hari umuntu ushobora kuvuga ati, “Mu by’ukuri, Yesu ni uw’Abakristo, andi madini afite uburyo bwayo bwo kubona agakiza.” Si byo na gato! Mu Byakozwe n’Intumwa 4:12 Bibiliya igira iti, “...Soma Ibikurikira
Umurimo Wose Ugira Inyungu(Pasitori Chris)
“Uwibaga ntakongere kwiba, ahubwo akore imirimo akoreshe amaboko ibyiza, kugira ngo abone ibyo gufasha umukene” (Abefeso 4:28).   Buri wese muri twe yahawe n’Imana ubuntu, impano n’ubushobozi byihariye. Icyo ukeneye gukora nta kindi ni ugucukumbura ukamenya impano zawe ukazikoresha mu gutera isi k...Soma Ibikurikira
Inyungu Zo Kugira Umwete(Pasitori Anita )
“Hari umuntu w’umunyamwete mu byo akora ubonye? Bene uwo azaba imbere ku mwami, ntazakorera abagufi” (Imigani 22:29). Kugira umwete bivuga kwita bihagije no kwitondera kunoza neza no gutunganya inshingano zawe. Umuntu w’umunyamwete aritanga wese mubyo akora, akita kuri buri kantu kugira ngo amenyekanis...Soma Ibikurikira
Bwiriza Ubutumwa Bwiza!(Pasitori Chris)
“Arababwira ati “Mujye mu bihugu byose, mwigishe abaremwe bose ubutumwa bwiza.”” (Mariko 16:15). Bishobora kugutangaza umenye umubare w’abaturanyi bawe batazi ibya Yesu. Iki gitekerezo nicyo cyanteye umuhate kera, kandi na n’ubu, wo gusohoka nkabwiriza Ubutumwa bwiza buri wese. Nkura nk’Umukrist...Soma Ibikurikira
Ukwizera Kwo Kurema Isi Yawe! (Pasitori Chris )
“Kwizera niko kutumenyesha yuko isi yaremwe n’ijambo ry’Imana, ni cyo cyatumye ibiboneka bitaremwa mu bigaragara” (Abaheburayo 11:3). Ijambo ry’Ikigiriki ryasemuwe ngo “yaremwe” mu murongo wo hejuru ni “Katartizo,” bisobanura gusana, kubumba, gutunganya no gusubiranya. Ibi biratumenyesha ko u...Soma Ibikurikira
Buri Mwana Ni Uwawe(Pasitori Chris)
“Ariko Yesu arababwira ati “Mureke abana bato bansange, ntimubabuze kunsanga kuko abameze batyo ubwami bwo mu ijuru ari ubwabo.” (Matayo 19:14). Nk’umuntu mukuru, ufite inshingano kuri buri mwana wese; umwana wese ni uwawe. Ibi bigomba guhinduka imitekereze yawe. Ita kuri buri mwana aho uri hose. Ntanz...Soma Ibikurikira
Amahoro mu Bitero! (Pasitori Anita)
“Ibyo mbibabwiriye kugira ngo mugire amahoro muri jye. Mu isi mugira umubabaro, ariko nimuhumure nanesheje isi” (Yohana 16:33). Yesu yavuze muri Luka 21:25-26 ko mu minsi ya nyuma hazabaho akaduruvayo mu bihugu, abantu bagahagarika imitima kubera ubwoba. Ni ngombwa ko nk’Umukristo wanga kugira ubwoba. A...Soma Ibikurikira
Ikeneye Ko Uyitega Amatwi! (Pasitori Anita )
“Hanyuma y’ibyo, ijambo ry’Uwiteka riza kuri Aburamu, mu iyerekwa riti, Aburamu, witinya ni jye ngabo igukingira, uzagororerwa ingororano ikomeye cyane” (Itangiriro 15:1). Imana yifuza ko uyitega amatwi. Izi ko niwita ku byo ivuga, ishobora kukuyobora ikakugeza mu mugambi yakugeneye. Izi ibiri byiza ku...Soma Ibikurikira
Genga Ururimi Rwawe!(Pasitori Chris )
Umuntu niyibwira ko ari umunyadini, ntagenge ururimi rwe ahubwo akishuka mu mutima, idini ry’uwo muntu riba ari ubusa” (Yakobo 1:26). Ijambo ryakoreshejwe aha rivuga kugenga rifitanye isano ni ikiziriko bambika ifarasi, gifite igice gifata ku mutwe, mu mbavu ndetse n’aho uyitwara ashyira ibirenge kugira ...Soma Ibikurikira
Teza Impinduka Ukoresheje Ubutumwa Bwiza ( Pasitori Anita)
Zihuje n’ubutumwa bwiza bw’ubwiza bw’Imana ihimbazwa, ubwo nahawe (1 Timoteyo 1:11). Wahawe ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo. Icyifuzo cyawe cya mbere mu buzima cyagombye kuba guhindura isi yawe ukoresheje Ubutumwa bwiza. Ubwoko ubwo ari bwo bwose, uko umuntu ameze kose n’aho aherereye, buri wese akeneye ...Soma Ibikurikira
Amagambo Yuzuye Ukwizera(Pasitori Chris)
Kuko icyabyawe n’Imana cyose kinesha iby’isi :kandi uku ni ko kunesha kwanesheje iby’isi, ni ukwizera kwacu (1 Yohana 5:4).   Umwami Yesu yatsindagiye umumaro w’amagambo. Yakoresheje amagambo mu buryo bwihariye. Ubwo yavugaga, amaso yahumye yarahumutse, amatwi yapfuye arafunguka, ikimuga cyarahagu...Soma Ibikurikira
Impinduka Ihoraho Ukoresheje Ubutumwa Bwiza(Pasitori Anita)
Aransubiza ati “Ijambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati ‘Si ku bw’amaboko, kandi si ku  bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye.’ Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga.” (Zekariya 4:6). Muri Luka 24:49, Yesu yategetse abigishwa be gutegerereza i Yerusalemu kugeza bujujwe Umwuka Wera kuko ya...Soma Ibikurikira
Umurage W’Abera Mu Mucyo(Pasitori Anita )
“Mushima Data wa twese, waduhaye kuraganwa n’abera umurage wo mu mucyo” (Abakolosayi 1:12). Witegereze neza ko uwu murongo utavuze ko Imana izabaha kuraganwa n’abera umurage wo mu mucyo. Ahubwo uragira uti ”waduhaye kuraganwa n’abera umurage wo mu mucyo” aha ”du” iruvuga abavutse ubwa kabiri....Soma Ibikurikira
Ubuzima Bw’ubutsinzi Muri Wowe! (Pasitori Chris)
Kandi uko guhamya ni uku, ni uko Imana yaduhaye ubugingo buhoraho, kandi ubwo bugingo bubonerwa mu Mwana wayo.Ufite uwo Mwana ni we ufite ubwo bugingo… (1 Yohana 5:11-12). Iyo umuntu avutse muri isi, aba avukanye ubuzima busanzwe bw’abantu. Yesu we ariko yaje mu isi nk’Ijambo ry’Imana ryigize umuntu (...Soma Ibikurikira
Ugirire Neza Abo Utazi!(Pasitori Chris)
Mukomeze gukundana urukundo rwa kivandimwe. Ntimukirengagize gucumbikira abashyitsi :kuko bamwe, bacumbikiye abashyitsi,bacumbikiye abamalayika batabizi (Abaheburayo 13:1-2). Ijambo ry’Imana ridushishikariza gukunda abantu bose, cyane cyane benedata dusangiye kwizera,ndatse harimo nabo tutazi. Hari abantu ba...Soma Ibikurikira
Umurimo Wo Kwunga(Pasitori Anita)
“Ariko ibyo byose bituruka ku Mana, yiyunze natwe ku bwa Kristo,ikaduha umurimo wo kuyunga n’abandi”(2 Abakorinto 5:18). Muri Luka 19:10,Yesu yaravuze ati, “Kandi Umwana w’umuntu yazanywe no gushaka no gukiza icyari cyazimiye”; ibi byari mu ncamake ibyo yari yaraje gukora ku isi. Mbere yuko ajya mu...Soma Ibikurikira
Yoborwa N’Umwuka(Pasitori Chris)
Kandi ntimugasinde inzoga zirimo ubukubaganyi, ahubwo mwuzure Umwuka (Abefeso 5:18). Ijambo ry’Ikigereki ryakoreshejwe mu murongo wo hejuru rivuga ibirenze kunywa ukuzuza. Mu by’ukuri rivuga kunywa ugasinda bikageza aho uyoborwa n’inzoga. Ntabwo intumbero iri ku nzoga. Kuko abantu bamwe, ni ho baba basha...Soma Ibikurikira
Ibimenyetso Bikenewe(Pasitori Chris )
Imana ifatanije nabo guhamya ihamirisha ibimenyetso n’ibitangaza n’imirimo ikomeye y’uburyo bwinshi, n’impano z’Umwuka Wera zagabwe nk’uko yabishatse? (Abaheburayo 2:4).   Igihe cyose Imana ishaka gukorera ikintu igihugu cyangwa ubwoko runaka, iboherereza umuntu, maze ikamuha ibyangombwa byose...Soma Ibikurikira
Garagaza Urukundo Rwawe (Pasitori)
Bene ibyo byiringiro ntibikoza isoni, kuko urukundo rw’Imana rwasabye mu mitima yacu ku bw’Umwuka Wera twahawe (Abaroma 5:5). 1 Yohana 4:8 hagira hati, “Udakunda ntazi Imana kuko Imana ari urukundo.” Uyu murongo utsindagira akamaro ko kugendera mu rukundo nk’Umukristo. Ubuzima bwa gikristo burenze ku...Soma Ibikurikira
Gusobanukirwa Isengesho(Pasitori Chris)
Kandi icyo muzasaba cyose mu izina ryanjye, nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu Mwana we. Nimugira icyo musaba cyose mu izina ryanjye, nzagikora (Yohana 14:13-14). Hari uko Imana yiteze ko dusenga nk’Abakristo. Abantu bamwe ntabwo babizi, maze bakavangavanga amasengesho yabo bumva ko hari uko Imana iz...Soma Ibikurikira
Girira Imana Data Icyizere ko Isubiza Isengesho Ryawe (Pasitori Anita)
“Si mwe mwantoranyije, ahubwo ni jye wabatoranyije kandi mbashyiriraho kugira ngo mugende mwere imbuto, imbuto zanyu zigumeho kugira ngo icyo muzasaba Data cyose mu izina ryanjye akibahe” (Yohana 15:16).   Umwe mu migisha ikomeye dufite nk’Abakristo ni amahirwe yo kwibwirira Data icyo dushaka mu is...Soma Ibikurikira
Agape: Urukundo Rutanga Byose(Pasitori Anita )
Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16). Bibiliya iravuga ngo “Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye iso...Soma Ibikurikira
Uhagarariye Ubwami Bw’Umwuka(Pasitori Chris)
“Mujye muhoza umutima ku biri hejuru atari ku biri mu si” (Abakolosayi 3:2). Ese ujya umenya ko umurimo w’Ubukristo ari umurimo w’umwuka? Nibyo! Ubwami bw’Imana ni Ubwami bw’umwuka. Umwami Yesu yaravuze ati “…Ubwami bwanjye si ubw’iyi si…” (Yohana 18:36), bisobanuye ko by’ukuri afite Ub...Soma Ibikurikira
Azaha Umugisha Icyo Ufite(Pasitori Chris)
Uwiteka aramubaza ati “Icyo ufite mu ntoki ni iki?” Aramusubiza ati “Ni inkoni” (Kuva 4:2). Icyo waba ufite cyose ubasha kwereka Uwiteka ashobora kugikoresha bikomeye ngo agaragaze imbaraga ze z’ibitangaza mu buzima bwawe. Akoresha bya bindi bigaragara nk’aho ari “bito” ufite ngo akubyarire igi...Soma Ibikurikira
Ubwoko Bwe Bwatoranijwe!
“Ariko mwebwe ho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b’umwami, ishyanga ryera n’abantu Imana yaronse, kugirango mwamamaze ishimwe ry’iyabahamgaye, ikabakura mu mwijima ikabageza mu mucyo wayo w’itangaza” (1 Petero 2:9). Bibiliya yita abavutse ubwa kabiri nk’ubwoko bwatoranijwe n’Imana. Turi ubw...Soma Ibikurikira
Ubuzima Bw’Iteka Ryose Nonaha(Pasitori Chris)
Bakivuga ibyo,Yesu ahagarara hagati yabo,arababwira ati “Amahoro abe muri mwe”(Luka 24:36). Ubuzima bw’icyaremwe gishya muri Kristo Yesu ni ubwo hejuru. Ubwo ni bwo buzima yasohotse mu mva afite. Bibiliya itubwira uburyo, nyuma yo kuzuka kwe, abigishwa bari hamwe mu cyumba, kandi n’ubwo inzugi zari zif...Soma Ibikurikira
Beshwaho N’Amavuta!(Pasitori Chris)
Icyakora muzahabwa imbaraga, Umwuka Wera nabamanukira……(Ibyakozwe n’intumwa 1:8) Nta kintu nk’iki cy’Ubukristo butagira amavuta y’Umwuka Wera. Nta gusigwa, icyo uzagira gusa ni idini, kandi idini ntacyo ritanga. Tugomba gukorera mu mavuta y’Umwuka Wera igihe cyose. Mu by’ukuri amavuta ariho kandi n...Soma Ibikurikira
Vuga Mu Zindi Ndimi Uhozaho(Pasitori Chris)
“Uvuga ururimi rutamenyakana ariyungura; ariko uhanura yungura itorero….”(1 Abakorinto 14:4). Kugirango ugire gukura nyako mu mwuka, ugomba kuvuga mu ndimi ku buryo buhozaho. Kuvuga mu ndimi nshya ni uburyo bwiza bwo kuganira n’Imana; burenze ubwenge busanzwe (1 Abakorinto 14:14). Usubizwamo imbaraga i...Soma Ibikurikira
Ubuzima Burenze Iyi Si!(Pasitori Chris )
Niba kwiringira Kristo kwacu ari ukw’ubu buzima gusa bikarangira, tuba duhindutse abo kugirirwa impuhwe kuruta abandi bantu bose (1 Abakorinto 15:19 GNB).   Iyo Imana ikuvugishije ikaguha ihishurirwa cyangwa amakuru runaka, ntibiba ari iby’ubusa. Biba iteka bifite intego. Iteka ihuza ibyo ikora byose...Soma Ibikurikira
Ha Agaciro Ubutunzi Buri Muri Wowe(Pasitori Chris)
“Kugira ngo gusangira ko kwizera kwawe kubabere ukugira akamaro, ku bwo kumenya ikiza cyose kiri muri twe, duheshwa no kuba muri Kristo.”(Filemoni 1:6). Mbega ukuri kwiza kuduhishuriwe muri icyo cyanditswe cyera! Bibliya ya King James ihasobanure neza cyane. Ndashaka kugaruka ku magambo atatu y’ingenzi m...Soma Ibikurikira
Kwizera Gukora NONAHA (Pasitori Anita )
Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi niko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby’ukuri (Abaheburayo 11:1). Ikintu ukeneye ngo ugire ubutsinzi bwa buri munsi, bwa buri kanya k’ubuzima, ni ukwizera. Gutuma uhinduka nyir’ikintu AKA KANYA! Benshi baba bafite ibyiringiro baka...Soma Ibikurikira
Vuga Ubwenge Bw’Imana(Pasitori Chris )
Icyakora ubwenge tubuvuga mu batunganijwe rwose, ariko ubwo bwenge si ubw’iki gihe cyangwa ubw’abatware b’iki gihe bashiraho (1Abakorinto 2:6). Intumwa Pawulo mu murongo wo hejuru aravuga ku bwoko bubiri bw’ubwenge, ubwenge bw’Imana n’itandukaniro ryabwo n’ubwenge bw’isi; ubwenge bw’abantu. ...Soma Ibikurikira
Shyira Umwuka Imbere (Pasitori Chris )
Ariko igihe kiraje ndetse kirasohoye, ubwo abasenga by’ukuri basengera Data mu Mwuka no mu kuri, kuko Data ashaka ko bene abo ari bo bamusenga (Yohana 4:23). Ikintu kimwe ugomba guha agaciro gakomeye mu buzima bwawe nk’Umukristo ni uguhora iteka ushyira Umwuka imbere; muhe umwanya w’icyubahiro mu buzima ...Soma Ibikurikira
Wiringire Uwiteka Ibihe Byose!(Pasitori Chris)
Wihanangirize abatunzi bo mu by’iki gihe, kugira ngo be kwibona, cyangwa kwiringira ubutunzi butari ubwo kwizigirwa, ahubwo biringire Imana, iduha byose itimana, ngo tubinezererwe (1 Timoteyo 6:17). Inkuru y’umwami Asa w’ i Yuda irigisha cyane ku birebana n’akamaro ko kwiringira Uwiteka ibihe byose. Yari u...Soma Ibikurikira
Shyira Ubwenge Bwawe Mu Mwanya Ukwiye(Pasitori Anita)
“Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose, mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ni byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.”(Abaroma 12:2). Umurongo w’ibyanditswe twahereyeho uduhishurira ukwitoza kudasanzwe gukenwe kugira ngo utere imbere mu buzima bw’...Soma Ibikurikira
Izere Ijambo Ku Bwo Gukira Kwawe N’Ubuzima Buzira Umuze(Pasitori Chris)
Ku nkombe z’uwo mugenzi, mu mpande zombi, hazamera igiti cyose cyera ibiribwa, ibibabi byabyo ntabwo bizuma … amatunda yabyo azaba ibyokurya, na byo ibibabi byabyo bibe umuti uvura (Ezekiyeli 47:12). Hari abizera bibeshya ko kuba Umukristo yafata umuti uwo ari wo wose biba bigaragaza ko adafite kwizera. Nyama...Soma Ibikurikira
Gusenga Mu Mwuka(Pasitori Chris)
“Uko ni ko n’Umwuka adufasha mu ntege nke zacu, kuko tutazi uko dukwiriye gusenga; ariko Umwuka ubwe ni we udusabira, aniha iminiho itavugwa” (Abaroma 8:26). Hari igihe n’ubwo bwose uba wumva mu mwuka wawe uhatwa ndetse witeguye gusenga, ariko ukumva ntuzi neza icyo ugihe gusengera cyangwa ukumva ntuf...Soma Ibikurikira
Sohoza Ugushaka Kwayo; Aho Kuba Imigambi Yawe(Pasitori Anita)
Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose, mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ni byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose (Abaroma 12:2). Imana ntabwo igutegerejeho kubaho cyangwa se gukora utagendeye ku bumenyi bw’Ijambo ryayo. Abenshi bakora ibyo bakora, at...Soma Ibikurikira
Tega Amatwi Witonze Amabwiriza Y’Imana(Pasitori Chris)
“Aho gushaka ifeza mutore ibyo nigisha;Mushake ubwenge kuburutisha izahabu nziza”(Imigani 8:10). Mu kugerageza kubaho ubuzima bwiza, abantu bamwe bumva batanga ikintu icyo ari cyo cyose ngo babone ibintu byo mu rwego rwa kabiri nk’amafaranga, kumenyana n’abantu benshi ndetse n’amahame atizewe. Ariko rero ki...Soma Ibikurikira
Uburyo Ijambo Ari Igikoresho(Pasitori Chris)
“Nanjye ndakubwira nti….Nzubaka itorero ryanjye kuri urwo rutare, kandi amarembo y’ukuzimu ntazarishobora.” (Matayo 16:18). Burigihe uko nsomye iki cyanditswe nsubizwamo imbaraga. Aya yari amagambo y’Umwami Yesu ubwe kandi ubwe yivugiye abitsindagira ko we ubwe afite inshingano zo kubaka Itorero rye;...Soma Ibikurikira
Ntiwirengagize Ubwenge(Pasitori Anita)
Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi; Nuko rero shaka ubwenge……(Imigani 4:7) Ushobora kwibaza uti “kuki isi yuzuye ukuneshwa kwinshi?” “Kuki abantu benshi bagorwa mu buzima?” “Kuki bamwe baba abatunzi maze bakarangiriza mu bukene?” “Kuki habaho abantu benshi bagira inzozi nziza ariko ntizigere z...Soma Ibikurikira
Ntabwo Wahamagariwe Kumvira (Pasitori Anita)
“Ariko twebwe twese, ubwo tureba ubwiza bw’Umwami, tubureba nko mu ndorerwamo, mu maso hacu hadatwikiriye, duhindurirwa gusa na we, tugahabwa ubwiza buruta ubundi kuba bwiza, nk’ubw’Umwami w’Umwuka.”(2 Abakorinto 3:18). Hari abavuga ngo, “Nutumvira amategeko y’Imana, ntabwo izaguha umugisha.” I...Soma Ibikurikira
Wahawe Umugisha Muri Byose(Pasitori Anita )
Aburahamu yari ashaje ageze mu za bukuru: kandi Uwiteka yari yarahaye Aburahamu umugisha kuri byose (Itangiriro 24:1). Reba neza mu murongo w’ibyanditswe hano ntabwo havuga ngo, “Uwiteka azaha Aburahamu umugisha kuri byose”; ahubwo haravuga ngo “Uwiteka yari yarahaye Aburahamu umugisha kuri BYOSE.” B...Soma Ibikurikira
Igihangange Mu Mwuka Binyuze Mu Ijambo(Pasitori Chris)
“Kuko icyabyawe n’Imana cyose kinesha iby’isi: kandi uku ni ko kunesha kwanesheje iby’isi, ni ukwizera kwacu.”(1 Yohana 5:4). Nta ntege nke, umupaka cyangwa gukandamizwa ku mwana w’Imana, kuko aba yifitemo imbaraga zinesha ndetse n’ubushobozi bw’ubumana. Hari ubusobanuro bwa Bibiliya buvuga uyu...Soma Ibikurikira
Gira Ubumenyi Mu Ijambo(Pasitori Chris)
“…..Ariko Umukiranutsi azikirisha ubwenge bwe ”(Imigani 11:9) Abakristo benshi ntibigishijwe Ijambo ry’Imana. Abenshi ntibigeze bigishwa iby’umurage wabo n’abo bari bo muri Kristo. Kubera iyo mpamvu, iyo bahuye n’ibibazo bumva ntacyo bari cyo maze bakemera gufata umwanya wo gutsindwa. Ni ngombwa kug...Soma Ibikurikira
Akira Ibitekerezo Byiza(Pasitori Anita)
“Rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa, kuko ari ho iby’ubugingo bikomokaho”(Imigani 4:23). Akenshi mu byanditswe, ijambo umutima ryakoreshejwe mu mwanya w’umwuka kandi impamvu yabyo irumvikana. Nk’ uko umutima ari wo zingiro ry’imikorere y’umubiri w’umuntu, ni nako umwuka ari wo zingiro rig...Soma Ibikurikira
Ntiwite Ku Bibazo(Pasitori Chris)
“Nubwo ngendera hagati y’amakuba n’ibyago uzanzura; uzaramburira ukuboko kwawe kurwanya umujinya w’abanzi banjye, ukuboko kwawe kw’iburyo kuzankiza”(Zaburi 138:7) Abantu benshi bita cyane ku bibazo banyuramo; bakomeza gutekereza ku bibazo n’ibikomeye bibagwirira. Ikiba muri ibyo ni uko bahora binubir...Soma Ibikurikira
Atunganya Inzira Zawe(Pasitori Chris)
“Uwiteka azatunganya ibyanjye rwose…..”(Zaburi 138:8). Mbega amahoro yuzuye umutima wanjye ubwo navumburaga iki cyanditswe mu myaka myinshi yashize. Nabonye ko ntari nkwiriye kugira ikimpangayika na kimwe. Ntukeneye kugira ubwoba bw’ejo hazaza kuko nyir’ejo hazaza atunganya inzira zawe. Uwiteka azatunganya ...Soma Ibikurikira
Koresha Ibyo Ufite (Pasitori Anita)
“Ni cyo cyatumye Imana imushyira hejuru cyane, ikamuha izina risumba ayandi mazina yose: kugira ngo amavi yose apfukame mu izina rya Yesu, ari ay’ibyo mu ijuru, cyangwa ay’ibyo mu isi, cyangwa ay’ibyo munsi y’isi”(Abafilipi 2:9-10.) Nk’abizera Kristu, twahawe ubushobozi bwo gukoresha Izina rya Yesu...Soma Ibikurikira
Yesu: Ijambo Ry’Imana Ryahindutse Umuntu(Pasitori Chris)
Mbere na mbere hariho Jambo; Jambo uwo yari Imana.Uwo yahoranye n’Imana mbere na mbere.Ibintu byose ni we wabiremye; ndetse mu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we…..Jambo uwo yabaye umuntu, abana natwe (tubona ubwiza bwe busa n’ubw’Umwana w’ikinege wa Se), yuzuye ubuntu n’ukuri (Yohana 1:1-3,14) ...Soma Ibikurikira
Kora Imyitozo Y’Umwuka(Pasitori Chris)
“Ariko imigani itari iy’Imana n’iy’abakecuru ntukayemere, ahubwo witoze kubaha Imana kuko kwitoza k’umubiri kugira umumaro kuri bike, naho kubaha Imana kukagira umumaro kuri byose, kuko gufite isezerano ry’ubugingo bwa none n’ubuzaza na bwo” (1 Timoteyo 4:7-8).   Muntu ni umwuka; atuye mu ...Soma Ibikurikira
Akirana Ijambo Guca Bugufi(Pasitori Anita)
“Ubwo bimeze bityo mwiyambure imyanda yose n’ububi busaze, mwakirane ubugwaneza Ijambo ryatewe muri mwe ribasha gukiza ubugingo bwanyu” (Yakobo 1:21). “Gukiza ubugingo bwanyu” mu murongo wo hejuru ufungura ntabwo bivuga ku gukizwa ibyaha, ahubwo ni ukurindwa kw’agakiza k’ubugingo bwa muntu. Ijamb...Soma Ibikurikira
Menya Ibyo Utunze(Pasitori Chris)
“Kuko imbaraga z’ubumana bwayo zatugabiye ibintu byose bizana ubugingo no kubaha Imana, tubuheshejwe no kumenya neza uwaduhamagariye mu bwiza n’ingeso nziza” (2 Petero 1:3 – King James). Imana yaduhamagariye ubuzima bw’umutuzo, imbaraga n’ubutware. Ubu ntabwo ari ubuzima busanzwe; ni ubw’Imana....Soma Ibikurikira
Imana Ikwitayeho By’Umwihariko(Pastor Chris)
Kuko abo yamenye kera, yabatoranyirije kera gushushanywa n’ishusho y’umwana wayo, kugirango abe imfura muri bene se benshi. (Abaroma 8:29). Imana yari ikuzi mbere y’uko uvuka; ese waba warigeze ureka kubitekerezaho? Biragaragaza gusa uburyo uri umwihariko kuri yo. Yakumenye kera, inagutoranyiriza kera ku...Soma Ibikurikira
“Urubyaro rw’Ijambo”(Pastor Chris)
Yatubyarishije ijambo ry’ukuri… (Yakobo 1:18). 2 Timoteyo 3:16 hagira hati “Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka.” Reba neza ntabwo havuga ngo”ibyanditswe byose twabihawe kugira ngo gus...Soma Ibikurikira
Ubuzima Bwiza(Pastor Anita)
“Ariko ibi byandikiwe kugira ngo mwizere yuko Yesu Kristo ari Umwana w’Imana, kandi ngo nimwizera muherwa ubugingo mu izina rye” (Yohana 20:31). Intumwa Yohana yagize iyerekwa ryihariye ku buzima buhoraho ndetse atanga n’inyigisho zisobanutse kuri ubu buzima budasanzwe dufite muri Kristo nk’abizera....Soma Ibikurikira
Uratoneshejwe, Ukundwakajwe N’Imana!(Pastor Anita)
Uzahaguruka ubabarire i Siyoni, kuko igihe cyo kuhababarira gisohoye, ni koko igihe cyategetswe kirasohoye. (Zaburi 102:14) Igikundiro ni ubutoni umuntu yerekwa n’undi cyane cyane umukuriye mu ntera. Bivuze kugirirwa ubuntu n’ineza; guhabwa amahirwe cyangwa uburenganzira budasanzwe; cyane cyane uteri ubikw...Soma Ibikurikira
Reba Ibyiza Mu Bandi!(Pastor Chris)
“…iby’ukuri byose, ibyo kubahwa byose, ibyo gukiranuka byose, ibiboneye byose, iby’igikundiro byose n’ibishimwa byose, nihaba hariho ingeso nziza kandi hakabaho ishimwe abe ari byo mwibwira” (Abafilipi 4:8). Hari abantu batajya babona icyiza ku bandi. Bikaba bizwi ko igihe cyose batinda ku makosa b...Soma Ibikurikira
Gumana Igisubizo Cy’ukwizera(Pastor Anita)
Kandi twabonyemo abantu barebare banini, Abanaki bakomotse ku bantu barebare banini. Twibonaga tubamezeho nk’inzige, na bo bakabona tumeze nka zo (Kubara 13:33). Kugira ngo utsinde mu buzima, igihe cyose ugomba gusubiza ufite ukwizera mu Ijambo; ugomba kwiga gukorera mu rwego rwo kwizera, aho ikintu kigira ...Soma Ibikurikira
Ukwizera Mu Ijambo(Pastor Chris)
“Yesu arabasubiza ati:Mwizere Imana. Ndababwira ukuri yuko umuntu wese wabwira uyu musozi ati ‘shinguka utabwe mu nyanja’, ntashidikanye mu mutima we, yizeye yuko icyo avuze gikorwa yakibona. Ni cyo gitumye mbabwira nti ‘ibyo musaba byose mubishyizeho umutima mwizere yuko mubihawe kandi muzabibona.” (Mari...Soma Ibikurikira
Shora Ubuzima Bwawe Mu Kugarura Imitima(Pasitori Chris)
“Umunyabwenge agarura imitima” (Imigani 11:30). Mu gushimangira agaciro Imana iha ubugingo bw’abantu, Bibiliya itubwira muri 2 Petero 3:9 ko Imana itifuza ko hagira urimbuka. Ibyo rero ni ukuvuga ko ari inshingano yacu nk’abakozi b’abunzi gushora ubuzima bwacu, imbaraga zacu, igihe cyacu n’ibyo du...Soma Ibikurikira
Wambaye Kristo(Pasitori Chris)
Kuko mwese ababatirijwe muri Kristo muba mwambaye Kristo (Abagalatiya 3:27). Mbega ukuntu uyu murongo ukomeye! Uburyo byasemuwe mu by’ukuri birahinnye cyane turebye icyo Intumwa Pawulo, kubw’Umwuka Wera, ashaka kutubwira hano. Kwambara Kristo ntibivuga kumwambara nk’ikote; kuko ikote ritabasha kudufubika umu...Soma Ibikurikira
Ntugahagarike Kuvuga Ukwizera Kwawe!
“Niko Ijambo ry’Umwami ryagwiriye cyane, kandi rikomeza kuganza” (Ibyakozwe n’Intumwa 19:20). Nk’umwana w’Imana, nta kitagushobokera. Uko ibibazo byaba bisa n’ibyarengeranye kose, ubasha kubihindura. Abantu bamwe bagiye bisanga mu bintu bikabarenga bakabivamo kubera ko mu buryo bufatika byasaga nk...Soma Ibikurikira
Tanga Ibyifuzo Bisobanutse (Pasitori Chris )
“Ntimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n’Imana mubisabiye, mubyingingiye, mushima” (Abafilipi 4:6). Ugomba gutanga ibyifuzo bisobanutse igihe usaba Imana mu isengesho; jya urasa ku ntego; usobanure neza icyo ushaka. Si benshi bamenya guha Imana ibyifuzo bisobanutse mu bihe baba bafi...Soma Ibikurikira
Sakaza Inkuru Nziza Mu Isi Yawe (Pasitori Anita)
“Arababwira ati “Mujye mu bihugu byose, mwigishe abaremwe bose ubutumwa bwiza”” (Mariko 16:15). Ivanjili bivuga ubutumwa bwiza. Rero igihe Yesu yavugaga ngo tujye mu isi yose tubwirize ubutumwa bwiza ibyaremwe byose, yashakaga ko tujyana inkuru nziza. Kugira ngo ubutumwa bwitwe ko ari inkuru nziza bugomba kuba...Soma Ibikurikira
Jya Wakira Ijambo Nk’Umwana (Pasitori Chri)
“Icyo gihe abigishwa begera Yesu baramubaza bati “umukuru mu bwami bwo mu ijuru ni inde?” Ahamagara umwana muto amuhagarika hagati yabo, arababwira ati “ndababwira ukuri yuko nimutihana (ngo muhinduke, muhindukire) ngo mumere nk’abana bato [mwiringira, muciye bugufi, mukunda, mubabarira], mutazinjira mu bwami...Soma Ibikurikira
Uko Wahora Wuzuye Umwuka (Pastor Chris)
“Kandi ntimugasinde inzoga zirimo ubukubaganyi, ahubwo mwuzure Umwuka. Mubwirane Zaburi n’indirimbo n’ibihimbano by’Umwuka, muririmba mucurangira Umwami wacu mu mitima yanyu. Mujye mushima Imana Data wa twese ku bw’ibintu byose, mubiyishimira mu izina ry’Umwami wacu Yesu Kristo, kandi mugandukirane ku b...Soma Ibikurikira
Ubutsinzi bugaragara Bunyuze Mu Ijambo(Pastor Anita)
“Ibyo ujye ubizirikana kandi abe ari byo uhugukiramo, kugira ngo kujya mbere kwawe kugaragarire bose” (1 Timoteyo 4:15). Nk’umukristo, ntabwo icyo Imana igushakaho ari ugutera imbere no kuzamuka mu buzima gusa, ahubwo ishaka ko binagaragarira abagukikije. Imana ikunda kugaragariza ubushobozi bwayo bu...Soma Ibikurikira
Teza Impinduka NONAHA…Kuko Urabishoboye! (Pastor Chris )
“Icyakora muzahabwa imbaraga Umwuka Wera nabamanukira…” (Ibyakozwe n’Intumwa 1:8). Ntabwo Imana ihangayika na gato iyo uhuye n’ibibazo.  Ahubwo, yishimira kukubona uhangara izo ngorane kuko izi neza ko uzabinesha. Izi ko ushobora guhindura ikibazo cyose, kuko imbaraga z’ubumana zikenewe ngo habeho...Soma Ibikurikira
Kugendera Mu Rukundo(Pastor Chris )
Ndabaha itegeko rishya ngo mukundane nk’uko nabakunze, mube ari ko namwe mukundana (Yohana 13:34). Muri iyi minsi ya nyuma, ni ukumenya urukundo rwa Kristo bizatugeza mu mwanya ukwiye aho tuzaba twireguye ukugaruka k’Umwami. Ni icyo kizatuma tuba twiteguye ukuzamurwa kw’Itorero kinatugeze ku rwego rusumb...Soma Ibikurikira
Kuza Ukwizera Kwawe (Pasitori Chris )
“…nk’uko Imana yagereye umuntu wese kwizera” (Abaroma 12:3). Kwizera ni ihame ry’ubuzima ku bizera (Abaheburayo 10:38). Bibiliya igaragaza neza ko “… utizera ntibishoboka ko ayinezeza [Imana]….” (Abaheburayo 11:6). Bibiliya kandi itubwira ko Imana yagereye buri muntu wese – buri wese muri t...Soma Ibikurikira
AHANTU HATATU HO KUGUBWA NEZA

 

Ukundwa, ndagusabira kugira ngo ugubwe neza muri byose, ube mutaraga nk’uko umutima wawe uguwe neza (3 Yohani 1:2).


Ubushake bw’Imana ku buzima bwawe ni uko ugubwa neza muri byose, kandi ukaba agahebuzo mu bikorwa byawe. Kugubwa neza kwe kuri wowe...

 

INYIGISHO ISESENGUYE

Sponsorship

Flyerber
Flyerber1

DONATE TODAY!

ukunda UBUGINGO?

KURAMYA NO GUHIMBAZA

KANUMA DAMASCENE ni umukozi w’Imana wahamagariwe kuramya no guhimbaza Imana mu ndirimbo.

Afatanyije na bagenzi, yasohoye album irimbo indirimbo 30 zo mu gitabo.

Wifuza kumva zimwe muri izo ndirimbo kanda ahanditse Soma ibikurikira.....

IGITABO cya Ap Jean SAFLO

"RETHINKING the CHURCH for 21st CENTURY"

Iki gitabo gikubiyemo "Job Description" y'umurimo w'Imana, buri wese mu mwanya Imana yamuhamagayemo.

KIBONEKA ku isi yose, wifuza kugura iki kitabo kanda hano

Andika Email yawe

Ibitekerezo

Abari ONLINE ubu

We have 77 guests online